Leta y’Ubushinwa yahungishije abaturage Miliyoni ebyiri batuye mu Majyepfo kubera inkubi ikomeye bise Ragasa ikaba iri gusatira Intara ya Guangdong. BBC yanditse ko hari abantu 14 bamaze gupfa b...
Perezida Donald Trump yabwiye abitabiriye Inama y’Inteko rusange ya UN ko bakabiriza ibyo gushyuha kw’ikirere. Yagarutse kandi ku ngingo y’uko abemeye ko Palestine iba igihugu kigeng...
Minisitiri w’Intebe wa Pologne Donald Tusk yavuze ko nihagira ikintu icyo ari cyo cyose cyongera kuvogera ikirere cyayo bazagihanura. Abivuze aha umuburo Uburusiya nyuma y’uko hari drones zabwo zigeze...
Dr. Bernadette Arakwiye uyobora Minisiteri y’ibidukikije avuga ko hamwe muho u Rwanda rushora ari mu gusukura ikirere cyarwo kugira ngo abarutuye bahumeke umwuka usukuye. Yabwiye abaje kwifatanya n’am...
Mu Kagari ka Cyambwe, Umurenge wa Nasho mu Karere ka Kirehe hafi y’ikiyaga cya Cyambwe hari abaturage beza buri gihe babikesha kuhiza amazi akururwa n’imashini zikoreshwa n’amashanya...
Abana bahagarariye bagenzi babo baherutse kubwira abayobozi muri REMA bari babatumiye ngo baganire, ko ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma batajya kwiga. Uw’i Burera yavuze ko iyo ikiraro gic...
Ubukene buri mu ngo nyinshi z’Abanyarwanda ntibugira ingaruka ku mafunguro bafata, kubyo bambara, aho baba no mu kwivuza gusa ahubwo bugira ingaruka no ku bidukikije cyanecyane amashyamba. Barayatema ...
Juliet Kabera uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, avuga ko ubwiyongere bw’ibinyabiziga byo mu Rwanda bwatumye ikirere cyarwo gihumana byikube gatanu kurenza ibipimo byagenw...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kirateguza abatuye Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyabihu na Musanze ko guhera saa sita kugeza saa kumi n’ibyiri zo kuri uyu wa 03, Kanama...
Mu Bufaransa ibintu birakomeye kuko hari ibice, birimo n’ibituriye Umunara wa Eiffel, ababituye bataka ubushyuhe bukabije. Byatumye gusura umunara uzwi kurusha indi ku isi witwa Eiffel bihagarikwa by...









