Umwe mu bakire u Butaliyani bwa vuba aha bwagize ndetse akabubera na Minisitiri w’Intebe ari mu bitaro aho ubuzima bwe bugeze aharindimuka. Ni Silvio Berlusconi. Uyu mugabo ni umukire kuko niwe...
Assistant Commissioner of Police( ACP) Yahaya Kamunuga avuga ko ikipe ya Polisi y’u Rwanda, Police FC, itanga umusaruro uruta ibyo bayishoramo kandi ngo birabashimisha. Yabibwiye abanyamakuru bari bi...
Hari amakuru avuga imwe mu makipe akomeye mu Bufaransa yitwa Paris Saint Germain ishaka kugura Stade nkuru y’u Bufaransa yitwa Stade de France. Iyi stade iri ku isoko ku giciro kitajya munsi ya Miliy...
Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu. Bose hamwe ni abantu 35, akaba yabahaye telefoni zose hamwe zifite agaciro ka €200,000. Buri ...
Amakuru ataremezwa na rumwe mu mpande bireba ariko yamwenywe n’itangazamakuru avuga ko rutahizamu wo muri Paris Saint Germain witwa Neymar anugwanugwa muri Chelsea mu munsi iri imbere, ‘deal’ nirangir...
Mugabe Aristide wabaye Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Basketball yatorewe kuyobora Komisiyo y’Aba ‘athelets’ muri Komite Olimpike y’imikino Nyarwanda yitwa Rwanda National Olympic an...
Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma yo kutumvikana k’ukuntu Arsenal ...
Yitwa Etienne Ndayiragije akaba yari asanzwe ari umutoza wa Bugesera FC. Yasinyiye gutoza Ikipe y’igihugu y’u Burundi Amasezerano Etienne Ndayiragije yari afitanye na Bugesera FC yarangiye Taliki 10, ...
Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu [Amavubi], Ndayishimiye Eric wamamaye ku izina rya Bakame yaraye asinyiye kujya gukinira Bugesera FC. Yari amaze iminsi yifatanya mu myitozo n’abandi bayikiira. Yari aher...
Héritier Luvumbu Nzinga ni umukinnyi mushya Rayon Sports yazanye. Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali yavuze ko aje yiyemeje gufatanya na bagenzi be kugira ngo bazanzamure iyi kipe iri mu zi...









