Ubuyobozi bwa APR FC bwazanye abatoza bashya ngo bongerere iyi kipe imbaraga zo kuzakina no kuzatwara Shampiyona ziri imbere. Umutoza mukuru wa APR FC yitwa Thierry Froger akaba afite imyaka 60 y’amav...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Mu mukino wo gushaka itike yo kujya mu mikino Olempike izabera i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2024, ikipe y’u Rwanda y’Abagore ikina umupira w’amaguru yaraye inganyije na Uganda ibitego 3-3. Hari m...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...
Amakipe y’u Rwanda yamaze kugera ku mukino wa nyuma mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 n’icy’abaterengeje imyaka 13 mu irushanwa rihuza amashuri y’Umupira w’Amaguru ya Paris Saint-Germain ku Isi ri...
Hasigaye amasaha make ngo hakinwe umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro uzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 03, Kamena, 2023, Taarifa yabajije Abdallah Murenzi wigeze kuyobora Rayon Sports igihe kirek...
Guhera taliki 05, Kamena, 2023 mu Rwanda hazatangira irushanwa mpuzamahanga ry’umukino wa Tennis ryitwa Billie Jean King Cup. Abanyarwandakazi bazaryitabira bavuga ko batazahira aho, ahubwo bazatahana...
Ikipe yo mu Misiri yitwa Al Ahly yaraye itsinze AS Douanes yo muri Senegal mu mikino nyafurika ya Basketball yaberaga mu Rwanda itwara igikombe. Iyo mikino bayita Basketball Africa League. Umukino war...
Umwe mu Banyarwanda bakinnye neza umupira w’amaguru bakandika izina witwa Jimmy Mulisa aravugwaho kuzagirwa, mu gihe gito kiri imbere, umutoza wungirije w’Ikipe y’igihugu: Amavubi. Bizaturuka ku masez...
Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki 20, Gicurasi, 2023 wari ushyuhijwe na byinshi birimo umukino ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL ari yo REG BBC yahuriyemo n’iyo mu Misiri yitwa Al Ah...









