Mu mukino waraye uhuje aya makipe mu ijoro ryakeye byarangiye Patriots BBC itsinze UGB BBC bigoranye kuko itayirushije amanota menshi. Yayitsinze ifite amanita 81 kuri 78 ya UGB. UGB ni ikipe itaramen...
Ikipe ya Gisagara Volleyball Club iri mu zikomeye kurusha izindi muri uyu mukino yabuze ku kibuga mu mukino yagombaga gukina na REG Volleyball Club iterwa mpaga. Ni mu mukino wa shampiyona y’icyicir...
Uyu musore niwe utwaye agace ka Rukomo Kayonza kareshyaga na kilometero 158. Ni agace ka karindwi kari karekare kurusha utundi mu ntera ariko nanone kakaba ari ko katavunanye kuko ahantu harehare muho...
Kuva Mugabe Aristide yajya mu ikipe nshya muri Shampiyona ya Basketball y’u Rwanda yitwa Kepler BBC nibwo iyi kipe yatsinze umukino wari wayihuje na Titans BBC. Warangiye iyi kipe itsinze amanota 60...
Umuhanzi Bruce Melodie akaba na rwiyemezamirimo yabwiye itangazamakuru ko kuba ikipe ye yatsinzwe mu mukino wayo na REG Basketball Club atari ikintu cyo gutindaho cyane kuko mu gihe kiri imbere bizake...
Umukinnyi Luvumbu wari usanzwe ari mu bakomeye ba Rayon Sports yaraye ageze iwabo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’uko ahagaritswe n’ikipe ye kubera ikibazo cya Politiki yazanye muri sip...
Ikipe y’abagore b’Abanyarwandakazi bakina Volley y’abafite ubumuga na basaza babo baraye bakiriwe gitwari ubwo bari bakubutse mu mikino ya Shampiyona nyafurika bitayemo neza. Iyi Shampiyona Nyafurika...
Nyiri ikipe ya Gasogi FC witwa Charles Kakooza Nkuriza (KNC) yatangaje ko asheshe ikipe ye ya Gasogi United kubera ibyo yise ko bidahwitse biri mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Iki cyemezo yagifashe nyu...
Umuhanzi ukomeye mu Rwanda ndetse watangiye kwangura imbibi akaba ageze no muri Amerika, Bruce Melodie yatangaje ko we n’umunyemari bamaze iminsi bakorana wiwa Coach Gael bagiye gushora mu ikipe yitwa...
Aurore Mimosa Munyangaju ushinzwe iterambere rya Siporo zose mu Rwanda yashimye APR FC uko iri kwitwara mu marushanwa ya Mapinduzi Cup ari kubera muri Zanzibar. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’ingabo z’u Rw...









