Haruna Niyonzima wari umaze igihe gito agiye muri Rayon Sports yahise ahagarika amasezerano hagati ye n’iyo kipe ikomeye. Yabwiye itangazamakuru ko hari amafaranga agombwa kandi atahawe kandi ko...
Biciye kuri Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert bita Barafinda APR FC yatsinze AZAM FC ibitego bibiri ku busa bituma ihita iva mu majonjora. Yayisezereye mu ijonjora ry’ibanze mu mikino ihuza amakipe ya...
Umukino wa nyuma wa Shampiyona ya Basketball mu Rwanda waraye uhuje APR BBC na Patriots REG BBC warangiye APR itsinze ku manota 77-59 ihita itwara igikombe cya Baskeball. Ikipe ya gatatu yabaye Patri...
Azam FC yomuri Tanzania yaraye itsinze Rayon Sports mu mukino wa gicuti wakinwe ku munsi Rayon yise ‘uw’igikundiro’. Yayitsinze igitego 1-0, abafana bayo batahana agahinda. Rayon yari yakinishije abak...
Umunya-Mauritania witwa Mamadou Sy ukinira APR FC yaraye ayitsindiye El-Merreikh Bentiu yo muri Sudan y’Epfo igitego 1-0, Byatumye igira amahirwe yo kubona itike ya 1/2 mu Irushanwa rihuza amakipe yab...
Mpayimana Philipe ushaka ko bamutorera kuyojora u Rwanda yatangaje ko yifuza ko izina ‘Amavubi’ ryitwa ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rihinduka. Ngo yifuza hashakwa irindi zina rifite uburemere. ...
Umuhanzi Gisupusupu ukunze gucurangisha umuduri aherutse gukora impinduka mu ndirimbo yise igisupusupu ayita Ikipe Itsinda. Mu Karere ka Rubavu aho Kagame Paul agiye kuza kwiyamamariza hari abahanzi b...
Bamwe ni ab’i Kigali, abandi no abo mu nkengero ndetse hari n’abaturutse i Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba…bose bari baje kureba stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa, kuva icyo gihe ikaba ar...
Rivers Hoopers yo muri Nigeria yaraye itsinze APR BBC ku manota 78 kuri 71 bituma Hoopers ikatisha tike iyemerera kuzaza gukina imikino ya nyuma izabera muri BK Arena mu Mujyi wa Kigali mu ntangirir...
Umutoza wa Polisi FC, abakinnnyi, ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda n’abafana b’iyi kipe baraye bishimye kubera intsinzi y’igikombe cy’amahoro bari bamaze igihe bakumbuye kuko baherukaga gutwara iki gik...









