Ndakaza Gérard yavuye i Kigali ajya gushimira Amagaju FC kuba yaratsinze APR FC. Ni umwe mu bafana ba Rayon Sports babyemera kandi bagaharanira ko n’abandi babimenya. Aherutse kujyana icyapa mu bafan...
Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman yabwiye abafana b’iyi kipe ko abafuza ko umutoza wayo yirukanwa bakwiye kuba baretse kubitindaho kuko hari abatekinisiye bashinzwe kubisuzuma bakab...
Kevin Muhire uyobora bagenzi be basangiye gukinira Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasezeranyije Abanyarwanda ko bazatsinda umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Uwo mukino witeguwe na bensh...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Mbere tariki 23, Ukuboza, 2024 nibwo Amavubi ari bugere i Kigali nyuma yo gutsindwa n’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Sudani y’Epfo yitwa Bright Stars ibitego...
Nyuma y’uko kuri iki Cyumweru taliki 10, Ugushyingo 2024, APR FC inganyije na Rutsiro FC kuri Kigali Pelé Stadium ku busa ku bundi, mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona utarakiniwe igihe, i...
Mu buryo busa n’ubuca amarenga y’uko umutoza w’Amavubi ashobora kongererwa amasezerano yo kuyatoza, ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’impande zombi. Umudage Fran...
Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa. Uyu mukino ariko wari watangiye...
Abanyarwanda bakunda umupira w’amaguru by’umwihariko n’abakunda igihugu cyabo muri rusange baraye bishimiye ko Amavubi yijajaye atsindira Benin kuri Stade Amahoro ibitego 2-1. U Rwanda na Benin bisanz...
Mu bayobozi bashya biyongereye mu ikipe ya APR FC ni, Lt Col Alphonse Muyango wagizwe umuyobozi ushinzwe ibikoresho, mu gihe Captain Muziranenge we yagizwe umuyobozi ushinzwe ubuyobozi n’imari (admini...
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yaraye asezerewe mu mikino ya CECAFA ubwo yahuraga n’ikipe ya Tanzania ikayatsinda ibitego 3-0. Uyu mukino wabereye mu kibuga kitwa AZAM Complex kuri uyu mugoroba. Int...









