Jean-Jacques Wilson Nshobozwabyosenumukiza wa REG BBC niwe Munyarwanda rukumbi watoranyijwe mu bashobora gushyirwa mu ikipe igizwe na ba myugariro bitwaye neza kurusha abandi mu baherutse gukina imiki...
Itangazo rya Federasiyo mpuzamahanga ya Volleyball, ku rwego rw’isi yatangaje ko Federasiyo y’uyu mukini mu Rwanda iciwe amande ya Frw 120,000 y’Amafaranga y’u Busuwisi kubera ko mu mikino y’igikombe ...
Vincent Mashami wahoze ari umutoza mukuru w’Ikipe y’igihugu ni umwe mu batoza batoje Amavubi ariko utaravuzwe rumwe kugeza ndetse yegujwe mu minsi micye ishize. Muri Kanama 2018 nibwo yabaye Umutoza a...
Ibaruwa yasohowe kuri uyu wa Kane taliki 10, Werurwe, 2022 ivuye mu Buyobozi bw’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Rwanda , FERWAFA, yavuga ko amasezerano Vincent Mashami yari afitanye nayo yo...
Perezida wa Cameroun Paul Biya yategetse ko uwatozaga Ikipe y’igihugu avanwaho agasimbuzwa icyamamare Rogobert Song. Iyi kipe yari isanzwe itozwa n’umugabo ukomoka muri Portugal witwa Toni Conceição k...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yakiriwe na mugenzi we uyobora Senegal witwa Macky Sall mu ruzinduko yakoreye muri kiriya gihugu. Mu ruzinduko rwe harimo no kwitabira ifungurwa rya Stade Nshya y...
Abagabo batatu bigeze kuba ibyamamare bibiri ari bo Robert Pires w’imyaka 47, Ray Parlour nana David Seaman biteze gukinira Arsenal mu myaka ya 1992 kuzamura kugeza mu mwaka wa 2004 mu bihe bitanduka...
Rutahizamu wa Arsenal witwa Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko avuye muri Arsenal ababaye kuko agiye adasezeye bagenzi be ngo bishimane. Hari amakuru avuga ko uyu mugabo agiye kujya gukinira FC Ba...
Muri Portugal hari ikipe yitwa FC Sétubal iri kunuganuga umuzamu wa Rayon Sports witwa Abouba Bashunga ngo ajye kuyikinira. Hari amakuru avuga ko iriya kipe yamutumiye ngo imukoreshe igerageza. Igerag...
Umukino wa nyuma w’Irushanwa Nyafurika rya Basket ryiswe Afrobasket 2021 waraye ukinwe urangira ikipe y’igihugu ya Basket ya Tunisia itsinze iya Côte d’Ivoire, bityo iba igitwaye inshuro ebyiri yikur...









