Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Nyakanga, 2024 mu Karere ka Nyagatare hatangijwe imirimo yo kubaka urugomero runini ruzakusanya kandi rugatunganya metero kibe miliyoni 55 z’amazi yo guha abatuye imirenge...
Urwego rw’igihugu rushinzwe gutegura ibizamini, NESA, ruvuga ko kuri iyi nshuro abana bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bakoreye ibizami ku bigo bifite umwarimu wahuguwe ku rurimi rw’amarenga kug...
Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc Béatha Habyarimana yaraye atangaje ko iyi Banki ayobora yungutse Miliyari Frw 23.9 mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2024. Avuga ko ayo mafaranga yazamutse biturutse...
Ubufaransa bubinyujije mu kigo cyabwo gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Francaise de Devéloppément, ADF, bugiye guha abahinzi inguzanyo ya Miliyoni $10 yo kubafasha kubona imbuto y’indobanure,...
Ishuri ryigisha ikoranabuhanga mu Rwanda ryo mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu rigiye kwagurwa, ryongererwe inyubako n’ibikoresho. Ni umushinga uzakorwa ku bufatanye n’Ikigo cy’Abanya Koreya...
Dukuzumuremyi Anne Marie ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rusizi ashima ko ubu imirenge yose y’aka Karere ifite ikigo nderabuzima ndetse n’utugari bikaba uko. Umuren...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’iz’ikoranabuhanga, Airtel Rwanda, kizasubukura gahunda ya Connect Rwanda. Mu mwaka wa 2023 yari yarasubitswe kuko gahunda y’uwo mwaka yari ...
Mu rwego rwo gufasha ibigo na za businesi kumenyekanisha ibikorwa byabyo kuri murandasi, Ikigo RICTA( ni ikigo kitari icya Leta) cyatangije uburyo bwo kugabanyiriza abantu igiciro kuri serivisi yo kw...
Ikigo gisanzwe gishyira amaraso ibigo nderabuzima biri kure kitwa Zipline kivuga ko mu gihe kimaze gikora kimaze kugezayo amaraso n’izindi serivizi zigera kuri miliyoni. Si amaraso gusa atangwa muri i...
Perezida Kagame yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo ibintu bitandukanye birimo n’abayobozi bashya b’Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa no kurengera umuguzi, RICA. Uwahoze ari umuyob...









