Banki y’isi yarangije koherereza Repubulika ya Demukarasi ya Congo inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende imaze kwandura abantu bagera ku 18,000 abagera mu magana bakahagwa. Abantu 15,000 bo mu Ntara...
Aya ni amakuru atangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo-Rwanda). Ubuyobozi bwacyo buvuga ko bunejejwe no gutangariza abaturarwanda bose ko muri rusange imvura iteganyijw...
Urubyiruko 494 rurimo urusanzwe ruba mu Rwanda n’uruba mu mahanga rwaraye rweretse Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente n’abandi bashyitsi ko rwatojwe imyitwarire ya gitore kandi rwayifashe neza. ...
Dr. Usta Kayitesi wari usanzwe uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere RGB yahererekanyije ububasha na mugenzi we Dr. Doris Uwicyeza ngo asigare ayobora iki kigo. Kayitesi aherutse gusimbuzwa U...
Ikigo cy’igihugu kita ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, kiraburira abantu ko badakwiye gukoresha vinegre zitwa Discovery White Vinegar na Hlaal White Vinegar kuko byaje kugaragara ko zit...
Mu minsi ishize mu Rwanda havuzwe inkuru ya Davis Manzi SEZISONI wavugwaho kwizeza abantu 500 kuzabungukira $4000 buri kwezi ku madolari menshi babikije ariko ntiyabikora arayarigisa. Abantu bamuhaye ...
Abahinzi b’ikawa bakorera mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bavuga ko bizeye ko gusazura ikawa bizazamura umusaruro wayo. Babivugiye mu Kagari Ka Kibirizi ahabereye itangizwa ry’...
Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima yakiriye ibikoresho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$. Bizifashishwa mu kigo cya “My Heart Centre” kiri kubakwa mu Cyanya cy’...
Umuyobozi w’Ikigo gifasha abantu kugorora ingingo Cali Fitness gikorera i Nyarutarama witwa Ivan Munyengango avuga ko ikigo cye cyagize uruhare mu gutuma abantu 23,000 bagira umubiri ugororotse, bikab...
Ubuyobozi mu Buyapani bwasabye abaturage kwirinda kwegera cyane inkombe z’inyanja kuko hari ubwoba bw’umutingo ufite igipimo cya Ritchter cya 6.9 ushobora kuza gukurikirwa n’umwuzure uturuka mu Nyanja...









