Abahanga mu by’imiti bavuga ko imibiri y’abaturage yatangiye kutakira imiti runaka kubera ko bayiyimenyereje kandi batayandikiwe n’abaganga. Ni ikibazo abahanga bavuga ko kibangamiye ubuzima rusange k...
Mu kigo Vivo Energy Rwanda basaba abafite stations zicuruza ibikomoka kuri Petelori gukorana nabo kugira ngo babarebere niba nta binyabutabire bidakwiye bibirimo. Umukozi wacyo witwa Felix Ufiteyezu a...
Ikigo cy’imari cya BK Capital cyahembewe kuba Umuhuza mwiza w’Isoko ry’Imari n’Imigabane mu Rwanda mu mwaka wa 2024. Iki kigo gishinzwe kugurisha imigabane kikaba cyahembewe uruhare rwacyo mu buhuza k...
Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) bwemeje ko mu Rwanda hazashyirwa ikigo bise ‘Centre Satellite’ gitoza uyu mukino ku rwego mpuzamahanga. Iki kigo kizubakwa muri Musan...
Ivan Murenzi uyobora Ikigo cy’igihugu cy’ibarushamibare aherutse gutangaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro u Rwanda rucukura wagabanutse kubera ibihe by’imvura yo muri Mata na Gicurasi yaguye nabi. G...
Mu mpera z’Ukwakira, 2024 muri Kigali Convention Center hazabera inama mpuzamahanga iziga ku iterambere ry’ikoranabuhanga rikoresha telefoni. Ni inama yiswe GSMA MWC. Izaba hagati y’italiki 29 n’itali...
Rwiyemezamirimo wize mu mahanga akaba afite ikigo gifasha abantu kujya kwiga hanze avuga ko abajya kwiga yo bagomba kuzirikana ko nta gihugu cyaruta u Rwanda bityo ko badakwiye gutindiganya kurugaruka...
Ku bufatanye n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Ikigo cy’lgihugu gutsura Ubuziranenge (RSB) cyatangaje ko hafashwe ingamba zo guhagarika itangwa ry’ibirango by’ubuzi...
Ibi byatangarijwe muri raporo yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ivuga ko ukwezi kwa Nyakanga 2024 kwarangiye bigabanutseho 5.4%. Ni imibare ibarwa ugereranyije n’uko ibyo biciro b...









