Umuyobozi muri RDB ushinzwe imari, Joseph Cedrick Nsengiyumva aherutse Abadepite ko kubaka uruganda rwo gutunganyirizamo urumogi rwo gukoresha mu buvuzi bigeze kure. Avuga ko imirimo isigaye irimo kub...
Ikigo cya Uganda gishinzwe irangamuntu n’irangamimerere, The National Identification and Registration Authority, NIRA, cyatangaje ko guhera tariki 27, Gicurasi, 2025 buri muturage ufite imyaka y’ubuku...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare kivuga ko amafaranga abantu basuye u Rwanda mu mwaka wa 2024 baguze ibintu na serivisi ari Miliyoni $ 579.5 mu gihe mu mwaka wa 2023 yari Miliyoni $563.8. ...
Muri Kaminuza yigisha imibare na siyansi iri mu Murenge wa Niboye Akagari ka Nyakabanda mu Karere ka Kicukioro haherutse gutahwa icyumba abahanze udushya bakoresheje ubwenge buhangano bazajya bicaramo...
Banki ya Kigali( BK) yatangije ubufatanye mu by’imari na sosiyete sivile, amadini naza Ambasade binyuze mu gushinga ishami ryihariye rishinzwe kwita kuri izo nzego. Iri shami riherereye mu Murenge wa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igishushanyo gisobanura uko ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda bizabyazwa umusaruro. Ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda ni ikiyaga cya Kivu, ikiyaga cya Muhazi, i...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rutsura ubuziranenge, RSB, basuye batunguye abakora kuri imwe muri sitasiyo zo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi babasaba kubereka uko gaze na lisansi bahacuruza...
Aborozi b’amafi bakorera ikigo kitwa Kivu Choice bavuga ko aho batangiriye korora amafi kijyambere bagize umusaruro watumye amafaranga yinjira mu ngo zabo yiyomgera. Bororera amafi mu Kagari ka ...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi ahari Koperative y’abarobyi kitwa Projet Pêche mu Murenge wa Kamembe hafi y’ikiyaga cya Kivu neza neza, bavuga ko ifu y’isambaza yagize kandi igifiti...
MTN Group ubu ifite umuuyobozi mushya witwa Ali Monzer akaba agomba gusimbura Mapula Bodibe. Uyu mugabo yari asanzwe ayobora MTN ishami rya Sudani y’Epfo, imirimo yatangiye guhera muri Mata, 2024. Mon...









