Binyuze mu kigega mpuzamahanga gishinzwe guteza imbere imishinga y’ibidukikije Global Environment Facility (GEF), Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, cyahawe Miliyoni $18 azakore...
Ba rwiyemezamirimo biganjemo urubyiruko baraye bahuye na bagenzi babo bakorera muri Kenya babatekerereza iby’ikoranabuhanga bahanze rifasha umuntu kugenzura ubucuruzi bwe bwose mu buryo bukamatanyije....
Ifaranga rikomeye kurusha andi ku isi ari ryo ‘idolari rya Amerika, $’ rigiye kumara amezi atandatu rihagaze nabi. Ni ibintu abahanga mu bukungu bavuga ko byaherukaga mu mwaka wa 1973 ubwo Amerika yay...
Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye gihagaritse imikoranire n’Ikigo mpuzamahanga cy’ingufu nikileyeri gifite icyicaro i Vienne muri Autriche. Byatangarijwe mu itangazo mu Cyong...
RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 02, Nyakanga, 2025, ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byahindutse, litiro ya lisansi yiyongeraho Frw 170 ni ukuvuga kuva ku Frw 1,633 kugeza ...
Prof. Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), avuga ko, mu rwego rwo gukuraho ibyateraga iki kigo Leta ifitemo imigabane igihombo, umufatabuguzi uzajya utin...
Prof.Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gutanga amazi, isuku n’isukura, WASAC, avuga ko hari ikoranabuhanga rigiye kuzagezwa hiryo no hino rituma umuturage avomera ku ikarita amazi angana n’ayo yi...
Leta y’u Rwanda itangaza ko mu rwego rwo gufasha ababyeyi kugabanya ibituma abana babo bagwingira, hagiye gutangira gahunda yo guha abana ifu y’ifi izaminjirwa mu ifunguro. Ni ubundi buryo bw’inyungan...
Ijambo Perezida Kagame yavugiye mu nama yahuje abayobozi muri Afurika yiga ku mutekano wayo ryagarutse kuri byinshi birimo n’uruhare abayituye bakwiye kugira mu mutekano wayo. Inama yabivugiyemo ni m...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Irere Claudette aherutse kunenga ko abana 22,000 bo mu Ntara y’Amajyaruguru bataye ishuri mu mwaka wa 2024/2025, akemeza ko bakwiye kurigarurwamo. Mu n...









