Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki 20, Kamena, 2021 abantu bitwaje ibyuma binjiye mu rwunge rw’abashuri rwa Kibondo mu Kagari ka Simbwa, Umurenge wa Kabarore muri Gatsibo bica um...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyasohoye icyegeranyo cy’uko umusaruro mbumbe mu gihembwe cya mbere cya 2021 uhagaze. Muri iki gihembwe, ubukungu bw’u Rwanda bwakomeje guhura n’ingaruka z’icyorez...
Mu Rwanda hari kubera inama yahuje abakora mu ruganda rutunganya ikawa ku rwego mpuzamahanga bakaba bari kwigira hamwe uko uru rwego rwazanzamuka muri ibi bihe isi iri kwivana mu ngaruka z’ubukungu za...
Ikigo Vivo Energy Rwanda gicuruza ibikomoka kuri peteroli cyatangije ubukangurambaga cyise ‘Birahwanye’, bugamije gushimangira ko abakiliya bacyo bahabwa ibicuruzwa bifite ubuziranenge, bagahabwa inga...
Umwe mu baha Taarifa amakuru mu Karere ka Nyarugenge yaraye aduhaye amafoto yerekana abanyeshuri barimo abahungu n’abakobwa biga mu kigo kiri mu bigo bizwi cyane mu Rwanda kitwa Saint André bafite imi...
Mu Rwanda uko iminsi ishira indi igataha niko haboneka ibimenyetso bihamya ‘imigambi ya bamwe’ yo guhimba inyandiko, kandi zikemerwa mu nzego zitandukanye za Leta, k’uburyo zishobora...
Muri Kanama, 2021 mu Rwanda hazaba ibarura rito abakora mu kigo cy’ibarurishamibare bita ibarura mbonera, rikazaba rigamije gutanga ishusho y’uko irizaba muri Kanama, 2022 rizagenda. Taarifa yaganiriy...
Amakuru Taarifa ifite yemeza ko muri Kanama, 2021mu Rwanda hazaba ibarura rito ribanziriza ibarura nyirizina ry’abatuye u Rwanda riteganyijwe muri Kanama, 2022. Ibarura ry’abaturage riheruka ryerekany...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko nyuma y’uko mu Kigo cy’igihugu cy’ubuhinzi bagabanyirije abakozi, bamwe binyuze mu kubirukana, abandi mu kubahagarika by’agateganyo abandi bakikur...
Mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku bayobozi baganiraga uko hashyirwaho amasezerano arambye yo guhangana n’icyorezo COVID-19 , yababwiye ko n’ubwo isi yakoranye ibakwe( ingufu...









