Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivis...
Minisiteri y’uburezi yasinye amasezerano agamije guteza imbere gahunda y’imyaka ine yo kwigisha Igifaransa mu mashuri y’u Rwanda. Ni gahunda yitwa Plan National Pour L’Enseignement et l’Apprentissage...
Mu rwego rwo gukomeza amasezerano y’ubufatanye hagati ya Kigali na Paris nk’uko Abakuru b’ibihugu byombi babyemeranyije, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga Agence Franc...
U Rwanda rwatangiye gukorana na Luxembourg mu rwego rw’imari n’imigabane, bikaba byakozwe binyuze mu masezerano abayobozi b’ibi bigo byombi bashyizeho umukono kuri uyu wa Gatatu taliki 23, Werurwe, 20...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, (RICA) buvuga ko umucuruzi cyangwa umunyenganda utazamanika ibiciro ahagaragara, azabihanirwa. Byatang...
Ahitwa Kagugu mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa ikigo kita ku babyeyi( maternity center) kizafasha abagore batwite kubyarira kwa muganga kandi hafi yabo, abatwite nabo bakabona a...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yibutse gutangaza ko hari ubwoko butatu bw’imiti buri gukorwa nyuma y’uko aborozi bo mu Karere ka Nyagatare batangaje ko imiti bari bamaze igihe batera inka zabo ngo ...
Taliki 10, Werurwe, 2022 habaye iburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo ruswa Bwana Felix Nshimyumuremyi wahoze ayobora Ikigo cy’igihugu cy’imyubakire, Rwand...
Ishami ry’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambere ry’ibikorwaremezo riherutse guhemba ikigo cyo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba kitwa The Central Corridor Transit Transport Facilita...
Nyuma y’uko Perezida wa Amerika atangaje ko igihugu cye cyafatiye ibihano Perezida Vladmir Putin birimo no gufatira imitungo ye ibarirwa muri za Miliyari z’Amadolari, Abarusiya bakorera mu kigo mpuza...









