Kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Kanama, 2022 mu Rwanda hazatangizwa ubufatanye bw’inzu ndangamurage z’u Rwanda n’ikindi kigo mpuzamahanga hagamijwe gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kurinda ibyaran...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu barimo Frederick Bizimana usanzwe ari umukozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiturire (Rwanda Housing Authority), Bwana Jonas Niyon...
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’abo ikorana nabo kuri uyu wa 08, Kanama, 2022 izataha ku mugaragaro icyanya cya Nyandungu kizafasha abashaka kuruhuka mu mutwe no kwishimira ibidukikije. Cyatunganyijwe mu...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame hamwe na bagenzi barimo uyobora Ghana, Nana Akufo Addo, uyobora Guyana witwa Irfaan Ali, umuyobozi mukuru wa BioNTech Uğur Şahin, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kirasaba abasoreshwa kwishyura avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu kandi bakabikora mu gihe cyagenwe. Ngo ntibagomba gutegereza ‘ifirimbi ya nyuma.’ Mu nta...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Major General Albert Murasira yasinye amasezerano avuguruye hagati y’ingabo z’u Rwanda n’Ikigo kita ku burenganzira bwa bana no gukumira ko bajyanwa mu ntambara kitwa D...
Guverinoma y’u Rwanda iri gusana Stade Amahoro kugira ngo izakire abantu benshi kandi yubatswe mu buryo bujyanye n’igihe. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire Rwanda Housing Authori...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 21 kuzageza taliki 31, Gicurasi, 2022 ni ukuvuga igihembwe cya gatatu cy’ukwezi kwa Gicurasi, i...
Abashoramari bo mu Rwanda n’abo muri Slovakia bagiye gutangira imikoranire igamije iterambere ry’ubucuruzi kuri buri ruhande. Uwari uhagarariye ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ikigo cyatsindiye kurinda inyubako zibamo ibikoresho by’Ikigo cy’Abanya Koreya y’Epfo gitanga serivisi z’itumanaho iherutse gufata abagabo bane bari bifite ibyuma byifas...









