Impera za Mutarama, 2023 nicyo gihe abafite imitungo itimukanwa bongerewe ngo bazabe barangije kuyisorera. Ubu umusoro w’inzu zo guturamo ugeze kuri 1% by’agaciro k’inzu ku isoko. Mu Mujyi wa Ki...
Pierre Celestin Rwabukumba utorewe kuyobora Ikigo Nyafurika cy’ibigo by’amasoko y’imigabane kitwa Africa Securities Exchange Association. Rwabukumba asanzwe ikigo nyarwanda cy’amasoko y’imigabane kitw...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugera ku ntego yihaye y’uko bitarenze mu mwaka wa 2024 buri rugo rw’u Rwanda ruzaba rufite amashanyarazi, abakora mu kigo kitwa MySol bamaze iminsi baha abaturage ibyuma bik...
Mark Zuckerberg washinze Facebook aherutse kubwira abashinzwe kugenzura abakozi mu kigo cya Meta( ari nacyo kiyoborerwamo Facebook) ko bidatinze hari abakozi 12, 0000 agiye kwirukana kubera ko yasanz...
Ikigo gitanga serivisi z’ikorabuhanga n’itumanaho ryifashishje amashusho, Canal + Rwanda, cyatangije ikoranabuhanga bita ‘Dubbing’ rikoreshwa mu gutuma umuntu runaka agaragara nk’uvuga ururimi rwawe m...
Imibare ivuga ko ibitero bikoresha ikoranabuhanga bigabwa ku bigo by’ubucuruzi muri Afurika, ibyinshi bigabwa muri Afurika y’i Burasirazuba. Biterwa n’uko aka karere k’Afurika ari ko kateye imbere mu ...
Siyansi ni uruhurirane rw’ubumenyi runaka afite yakuye ku kwitegereza ibintu, kumenya uko bikora n’uko bikorana ndetse no kumenya uko byagirira abandi akamaro. Icyakora Siyansi nazo zigira amoko. Hari...
Taliki 05, Nzeri, 2022, Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abakozi bane barimo abakorera RSSB n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Mibirizi witwa Dr Nzaramba Théoneste. Abandi bafatanywe na Dr Nzaramba ni ...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco, National Rehabilitation Servises, Bwana Fred Mufuluke aherutse kuvugira mu ruhame ko aho ibintu bigeze, ari ngombwa ko Leta ihana ababyeyi babaye ba...
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na gazi buvuga ko bibabaje kuba 40% by’amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ari yo atunganywa akanagurishwa, mu gihe 60% by’ayo yangirika. Iki kigo kivuga k...









