Abana biga mu kigo kitwa Green Hills Academy basuye ikibuga cy’indege cya Kigali berekwa ibice bikigize. Binjijwe no mu ndege kugira ngo barebe uko imbere hasa. Byakozwe mu rwego rwo kubatinyura ngo b...
Mu rwego rwo kungurana ibikerezo ku cyakorwa ngo imirire mibi iganisha ku igwingira mu bana b’’Abanyarwanda icike, mu Karere ka Musanze hateraniye inama ihuza abafite aho bahurira n’abana ngo bige uko...
Ikigo cyo muri Qatar kitwa Kasada kiri hafi gutangira imirimo yo kuvugurura icyahoze ari Hotel Umubano Meridien ikagirwa imwe muri Hotel zikomeye mu Rwanda no mu Karere u Rwanda ruherereyemo. Izaba if...
Nk’umushyitsi mukuru mu nama mpuzamahanga y’iminsi ibiri iri kubera mu Rwanda, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr. Geraldine Mukeshimana yavuze ko n’ubwo ikawa ari kimwe mu binyobwa by’ingirakamaro ...
Gahunda yiswe Fortified Whole Grain (FWG) y’ikigo Vanguard Economics igiye gutangira gutunganya ifu y’ibigori yujuje ubuziranenge kandi ikize ku ntungamubiri izajya ikoreshwa mu kugaburira abanyeshur...
Mu rwego rwo gushakira ibisubizo ibibazo abanyenganda bagaragaje ku byerekeye umusoro ubaremereye, Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’ayo gifata ku musoro ku nyungu kinjije, ...
Abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku ivugurura rya Politiki y’imisoro mu Rwanda bahuriye i Rubavu basanze bumwe mu bwoko bw’imisoro ikwiye kwitabwaho muri iryo vurura ari iy’ubutaka. Ni inama yi...
Leta y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yatangaje ko igiye kwigomwa nibura Miliyari Frw 27 Frw mu rwego rwo kuvugurura no kunoza gahunda z’imisoro. Perezida Kagame aheruts...
Hirya no hino mu Rwanda hari abacuruzi bishyuza Ikigo cy’imisoro n’amahoro umwenda wa Miliyari Frw 32. Ni umwenda ukomoka ku musoro wa TVA ufatirwa ku kiranguzo cyabo. Bisanzwe bimenyerewe ko baba ba...
Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu mu Mutwe w’Abadepite kuri uyu wa Gatatu Taliki 11, Mutarama, 2023 yatangiye gusuzuma umushinga w’Itegeko rihindura itegeko no 026/2019 ryo kuwa 18/09/...









