Umunyarwandakazi Yvonne Makolo usanzwe uyobora Ikigo cy’u Rwanda cy’ubwikorezi bw’indege, Rwandair, yagizwe umuyobozi w’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo bitwara abagenzi mu ndege. Iryo huriro ryitwa Inte...
Umuyobozi w’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije Juliet Kabera avuga ko Leta iri gusuzuma uko amasahane n’ibikombe byacika mu mashuri. Kabera avuga ko amasahane n’ibikombe abana bariraho...
Hari ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Muhanga bivugwamo umwanda mwinshi haba ku masahane abana bariraho ndetse no kubakora mu gikoni. Si mu mashuri yose, ariko aho ubugenzuzi bwabisanze, bwasanze ...
Mu Karere ka Musanze Mu Murenge wa Muko haravugwa urupfu rw’uwitwa Niyongabo w’imyaka 19 y’amavuko wakubiswe n’abantu bavuga ko bamusanze yiba intoryi bikamuviramo urupfu. Uyu mwana wari ukuba ingimbi...
Muri Kaminuza y’ubukerarugendo n’ikoranabuhanga, UTB, ishami rya Rubavu n’irya Kigali mu mashami ya BBM(Business Management)na CE( Computer Engineering) haravugwa amakuru y’uko hari bamwe mu bahiga ba...
Mu Karere ka Musanze hari idosiye bamwe mu batuye Umurenge wa Musanze bavuga ko irimo amayobora. Ni iy’umunyeshuri w’imyaka 12 y’amavuko witwa Umuhire Ange Cécile aherutse gupfa mu buryo bateye urujij...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) yerekana ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023, kikabibara kigereranyije n’uko byari bimeze muri uko kwezi m...
Muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yahakiriye Pamela Coke- Hamilton uyobora ikigo mpuzamahanga cy’ubucuruzi kitwa International Trade Center. Baganiriye ku ngingo z’ubucuruzi n’ishoramari, ba...
Abatuye Akarere ka Bugesera cyane cyane abo mu Mujyi wa Nyamata bavuga ko kuba nta gishushanyo mbonera gisobanura neza uko uwo mujyi ukwiye kubakwa, byadindije iterambere ryawo. Kuba nta gishushanyo m...
Mu Mujyi wa Kigali hateraniye inama yahuje ibigo bya Leta n’iby’abigenga bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga yateguwe n’Ikigo gikwiza ikoranabuhanga RICTA yatangirijwemo ikoranabuhanga bise RINEX. Ri...









