Umushinga wo kubaka iyo nyubako watangiye muri Mutarama 2022 ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’Ubwami bw’u Bubiligi bubinyugije mu masezerano hagati y’Ikigo gishinzwe gutera Inkunga ibikorwa by’itera...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, bwasohoye itangazo rikura ku isoko ubwoko 83 bw’amavuta abantu bisiga kubera ko ibinyabutabire biyagize byangiza uruhu. Si amav...
Urwego rw’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, rwatangaje ibyavuye mu bikorwa byarwo mu mwaka wa 2022/2023. Imibare y’iki kigo ivuga ko amafaranga yose abizigamiye bakibikije ingana na miliyari Frw 352 ...
Kuri uyu wa Kane taliki 14, Nzeri, 2023, Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri)cyasohoye gahunda y’uko abanyeshuri bazajya ku ishuri. Ni ingengabihe ishingiye hashingiwe kuri ...
Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru RBA kitabye Komisiyo y’Abadepite ishinzwe kugenzura umutungo wa Leta, PAC, kisobanura ku byo bagisanzemo birimo gusesagura umutungo wa Leta. Indi ngingo bagarutseho ...
Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi. Aho bah...
Ikigo Mpuzamahanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyo mu Bwongereza kitwa Rio Tinto Mining and Exploration Ltd kigiye gushora mu gucukura ayo mu Rwanda. Mu mabuye menshi bazacukurua harimo n’irya L...
Abagize itsinda ry’uruganda rucukura zahabu yo muri Repubulika ya Congo rwitwa Primera Gold DRC SA baherutse gusaba abashoramari bo muri Leta ziyunze z’Abarabu kubafasha kubaka uruganda rwujuje ibisab...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge baraye batashye ikigo nderabuzima gishya bubakiwe ku bufatanye bw’uyu Murenge n’ikigo kitwa Trinity Center for World Mission gikora imirimo y’...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe abaturage, UNFPA, ryahembye Madamu Angeline Ndayishimiye, Umufasha wa Perezida w’Uburundi kubera ibikorwa byiza yakoreye Abarundikazi birimo no gushinga ikigo...









