Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare itangwa na Minisiteri y’imari n’ingenamigambi ndetse n’izindi nzego z’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko ubukungu bwarwo mu mwaka wa 2022 buzazam...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigega OPEC kigamije iterambere mpuzamahanga yaraye ishinye amasezerano yemerera u Rwanda umwenda wa Miliyoni $ 18 ni ukuvuga Miliyari Frw 18 azashyirwa mu kwagura ...
Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha igifaransa (OIF) uyoborwa n’Umunyarwandakazi, Louise Mushikiwabo wohereje mu Rwanda abandi barimu 45 baje guhugura Abanyarwanda mu Gifaransa. Aba barimu bazi...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari wakigereranya n’uruganda abahanga mu bukungu bakomeye bifuza gukorera kugira ngo bagire uruhare muri Politiki zigenga imari n’ubukungu ku isi. Ni ikigega cyashinzwe mu mw...
Binyuze mu Kigo mpuzamahanga gishinzwe guteza imbere imari kiri mu Mujyi wa Kigali (Kigali International Financial Centre), kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 mu Rwanda hatangijwe ikigeg...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko miliyari 100 Frw zashyizwe mu kigega nzahurabukungu zimaze gukoreshwa ku kigero cya 90%, kandi zikomeje kugira uruhare mu gufasha u...
Kaminuza mpuzamahanga yigisha imibare na siyansi, African Institute of Mathematical Sciences, Ishami ry’u Rwanda yahembye abarimu bigisha imibare n’izindi science babaye indashyikirwa batoranyijwe mu ...
Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro Nyafurika ry’Abahinzi b’ikawa witwa Ambasaderi Solomon Rutega yabwiye abitabiriye inama ya ririya huriro ko hari Ikigega nyafurika kiri gutegurirwa kuzafasha abahinzi b’...
Abakuru b’ibihugu 15 by’Afurika harimo n’u Rwanda ejo tariki 16, Nyakanga 2021 bakoze inama mu buryo bw’ikoranabuhanga bari kumwe n’ubuyobozi muri Banki y’Isi bavug...
Ibigo by’imari ku isi byategetse Tanzania kubiha ‘imibare isobanura neza’ uko ubwandu bwa COVID-19 bumeze niba yifuza ko biyiha inguzanyo. Ibyo bigo ni Ikigega mpuzamahanga cy’imari ndetse n’Umuryango...









