Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yasinye amasezerano yo kwakira no gukoresha Miliyoni $300 mu mishinga yo kubungabunga ibidukikije, guteza imbere ingufu zisubira, kwita ku gutwara mu...
Perezida Kagame avuga ko kugira ngo urubyiruko rw’u Rwanda ruteze imbere imishinga yarwo Guverinoma yarushyiriyeho ikigega kishingira imishinga yarwo kugira ngo igurizwe na Banki, iki kikaba ik...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushinga ikigega kizatera inkunga abashaka gukora ikoranabuhanga rigenewe abahinzi kizatangirana ingengo y’imari ya Miliyoni $2, bakise “Hanga Agritech Innovation Challeng...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko ibiganiro bigamije kuguriza Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri mu nzira nziza. Ni umwenda wa Miliyari $1.5 iki gihugu kivuga ko uzagifasha gukomeza...
Komisiyo igenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu ivuga ko yasanze mu kigega cy’ingoboka cy’ibiribwa harimo ngerere. Ni ibiribwa bingana na 30% y’ibiri...
Mu mataliki ya nyuma ya Mata, 2024 ni ukuvuga taliki 28 na 29, i Nairobi muri Kenya hazabera inama izahuza abayobozi ba Banki y’Isi n’ab’ibihugu by’Afurika bihabwa inguzanyo n’iyi Banki. Amakuru avuga...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugira umuco wo kwizigamira, Ikigo Rwanda National Investment Trust Ltd kivuga ko kuva cyajyaho mu mwaka wa 2016 kimaze gukusanya Miliyari Frw 40 kandi kicyakira aba...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijmana yaraye yakiriye Philippe Orliange, akaba ari Umuyobozi nshingwabikorwa w’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Françai...
Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Développement (AFD), cyahaye u Rwanda miliyoni €20 angana hafi miliyari Frw 26.3 yo kurufasha gukomeza gushyira mu bikorwa ga...
Itsinda ry’abakozi bo mu Kigega mpuzamahanga cy’imari bavuga ko ubukungu bw’u Rwanda buri kuzamuka neza kuko ubu buri ku kigero cya 6.3% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2023. N’ubwo bimeze gutyo, ...









