Iki kibuga cyari kimaze imyaka 20 kigwaho kikanahagurukiraho indege z’intambara Amerika yakoreshaga irasa ku Batalibani mu misozi ya Afghanistan. Giherereye ahitwa Bagram. Amerika yahisemo kubaka kiri...
Abari banyotewe no gukinira Golf ku bibuga kigezweho mu Mujyi wa Kigali bashobora gutegereza kurusha uko byari byitezwe, nyuma y’uko cyangijwe n’imiti yatewemo, ubwatsi bwari butoshye bukuma. Iki kibu...
Ku Cyumweru taliki 13, Ukuboza, 2020 Umugaba w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura yahuye na mugenzi we uyobora ingabo za Qatar, Lieutenant General Ghanem bin Shaheen al-Ghanem bagirana ibiganiro....

