Umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan witwa Zabihullah Mujahid yavuze ko ibyo Donald Trump yanditse kuri Truth Social by’uko Afghanistan igomba gusubiza Amerika ikibuga cy’indege cya Bargam ari inzoz...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social-urubuga nkoranyambaga yashinze- ko niba Abatalibani badasubije Leta zunze ubumwe z’Amerika ikibuga cy’indege cya Bagram, bazahura n’akaga. Iki ki...
Muri Uganda umusifuzi witwa Peer Kabugo yapfiriye mu kazi ari gusifura umukino wahuje SC Villa n’ikipe y’ingabo za Uganda yitwa UPDF. Hari mu mukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Ugan wabaye...
Abasore bo mu matsinda y’abagizi ba nabi muri Haïti babohoye gereza nini zari zifungiwemo abagororwa kugira ngo baze bakorane nabo. Amasasu kandi arumvikana ku kibuga cy’indege mu Murwa mukuru Port-au...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 13, Mutarama, 2024, ubwo kuri sitade y’Akarere ka Gicumbi haberaga umukino wahuzaga ikipe y’abakobwa ya Inyemera WFC Junior na Rambura WFC Junior, ink...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda havugiwemo ko mu gihe kiri imbere mu Karere ka Huye hazubakwa ikigo kigezweho mu bya drones. Bakise Drones Operation Centre. Biteganyijwe ko iki kigo kizata...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwa remezo, Patricia Uwase yatangaje ko amashanyarazi azacanira ikibuga Cya Bugesera azakururwa mu rugomero rwa Rusumo ruri hafi gutahwa. Intego ni u...
Ikibuga cya Bugesera ni cyo APR F.C yemeje ko izajya yakiriraho indi mikino usibye uwo izaba yahuriyemo Rayon Sports. Icyo kibuga kiri kuri Stade ya Bugesera mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata...
Igitekerezo cyo kubaka uruganda rw’inkingo mu Rwanda cyatangiye kuza mu mutwe w’abakorera uruganda Siemens rwo mu Budage mu mwaka wa 2018. Tariki 10, Ukwakira nibwo itsinda ryabo riyobowe na Sabine Da...
Umunsi umwe Perezida Paul Kagame yasuye kimwe mu bihugu byo mu Majyaruguru y’Afurika ajyanywe no gutsura umubano. Ageze yo yahabonye ikibuga gikoze neza cy’umukino wa golf, gifite agaciro ka miliyoni ...









