Mu gihe 70% by’Abanyarwanda bakora ubuhinzi, kandi bukagira uruhare rungana na 31% mu musaruro mbumbe w’igihugu, Leta ivuga ko urubyiruko rusa n’urwahariye ubuhinzi abantu bakuru. Kuba abasore n’inkum...
Ikawa ni ikinyobwa gifitiye umubiri w’umuntu akamaro karenze kuba ‘kazumbature y’ubwonko’. Ubushakashatsi bumaze imyaka 10 bukorwa n’abahanga mu butabire bw’ikinyobwa cy’ikawa bwerekana ko uretse kuba...
Ubwo yatangiza imurikagurisha nyafurika ry’umusaruro w’ikawa n’icyayi, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Geraldine Mukeshimana yavuze ko umusaruro w’ikawa n’icyayi wagize uruhare runini mu musaruro...
Urebye uko ibiciro byazamutse haba aho muri karitsiye usanzwe uhahira ibintu by’ibanze birimo ibiribwa, haba ku kabari aho ujya ufatira kamwe, wacyeka ko ari umwihariko muri ako gace gusa! Ariko waba ...
Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni ukuri buri...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2021/...
Amakuru ducyesha Ikigo gishinzwe kuhereza hanze ibikomoka ku buhinzi, NAEB, avuga ko hari ibigo bitandatu bicuruza ikawa byagiye Abu Dhabi muri Leta ziyunze z’Abarabu mu imurikagurisha riri kuhabera k...
Mu Rwanda hari kubera inama yahuje abakora mu ruganda rutunganya ikawa ku rwego mpuzamahanga bakaba bari kwigira hamwe uko uru rwego rwazanzamuka muri ibi bihe isi iri kwivana mu ngaruka z’ubukungu za...
Mu Cyumweru gishize ni ukuvuga guhera tariki 08, kugeza 14, Werurwe, 2021 igiciro cy’ikawa u Rwanda rwohereje hanze cyagabanutseho 0.36%. Rwahohereje ibilo 529.660 bifite agaciro k’amadolari $ 435,775...
Coco Reinarhz ni umutetsi uzwi mu Mujyi wa Kigali. Yatangije igikoni azajya atekeramo ikawa. Iki gikoni giherereye muri Kigali Arena. Avuga ko azatangira kwakira abakiliya mu ntangiriro ya 2021. Igiko...









