Hagati y’italiki 13 n’italiki 14, Gashyantare, 2023 mu Rwanda hazateranira inama mpuzamahanga izahuza abahinzi b’ikawa baturutse hirya no hino ku isi bakigira hamwe uko kiriya gihingwa ngengabukungu c...
Imibare itangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, itangaza ko mu cyumweru gishize, u Rwanda rwohereje muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo amagi, im...
Abahinga ikawa mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi baherutse gutangiza ku bwinshi ubuhinzi bw’iki gihingwa ngengabukungu bagamije ko mu myaka itatu iri imbere izaba yeze, bagahabwa uruganda ruyi...
Abakurikiranira hafi uko ikawa inyobwa ku isi n’uko abantu bayikunda kandi bakabihuza n’ibibazo biri mu buhinzi, bavuga ko kugeza ubu hari ubwoba bw’uko ishobora kuzabura ku kigero cya 60% mu gihe git...
Ibi ni ibyemezwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, NAEB. Iki kigo cyatangaje ko ku isoko mpuzamahanga ubu ikilo cy’ikawa y’u Rwanda kigeze ku ...
Imibare yerekana uko ikawa y’u Rwanda yagurishijwe mu mahanga mu Cyumweru cyarangiye kuri uyu wa 17, Nyakanga, 2022 yerekana ko u Burusiya buri mu bihugu bya mbere u Rwanda rwayigurishijemo. Si u Buru...
Abahinzi b’Ikawa mu Burundi bari mu mazi abira kubera ko bagurisha ikawa mu Rwanda. Ubuyobozi bw’iki gihugu buvuga ibyo bariya bahinzi b’ikawa bakora bidakwiye. Abanyapolitiki bo mu Burundi bavuga ko...
Imibare ngarukacyumweru y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi, NAEB, ivuga ko ibihugu bya mbere u Rwanda rwoherejemo imboga n’imbuto ndetse n’indabo mu minsi irindwi ishize...
Ikawa y’u Rwanda ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bukungahaje u Rwanda kubera amadevize iruzanira. Muri rusange ibihugu bikunze kurugurira ikawa ni ibyo muri Aziya ni ukuvuga u Bushinwa, Singapore n...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa hanze bikomoka ku bihinzi n’ubworozi, National Agricultural Export Development Board (NAEB), gitangaza ko icyayi n’ikawa u Rwanda rwohereje hanze byarwinjirije U...









