Abanyarwanda bohereza ikawa ku isoko ry’Uburayi basabwe gukurikiza ingingo y’uko ibiti by’iyo kawa bitagomba kuba byaratewe ahantu hahoze amashyamba agatemwa. Iri bwiriza rijyanye n’ibyo Abanyaburayi ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko hari ikawa yasuzumiwe ubuziranenge basanga buri hejuru k’uburyo igiye kugurishwa ...
Hashingiwe ku bikubiye mu masezerano yaraye asinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, Ikigo gifasha abahinzi kitwa One Acre-Fund Tubura n’Ihuri...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, yerekana ko ibyo cyohereje hanze hagati y’itariki 05 n’itariki 09, Gicurasi, 2025 ikawa ari yo yaj...
U Rwanda rwoherereje amahanga ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi byose hamwe bifite agaciro ka $ 8,263,198, byose bikaba bingana na toni 8,909. Iyi mibare ikomatanyije ibintu byoherejwe hanze hagati y’it...
Imibare y’uko ibihingwa u Rwanda rwohereje hanze mu Cyumweru gishize, ni ukuvuga hagati y’itariki 21 na 25, Mata, 2025 yerekana ko icyayi ari cyo kinjirije u Rwanda amadolari($) menshi gikurikirwa n’i...
Ku bufatanye bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, n’abafatanyabikorwa bacyo, gusazura ikawa bimaze gukorerwa mu turere icyenda. Iki gikorwa cyatang...
Kuba ibiti by’ikawa bishaje bikaba biri gusimbuzwa byagize ingaruka ku musaruro w’iki gihingwa ngengabukungu bituma ibyo u Rwanda rwohereza hanze mu buhinzi bigabanuka biraruhombya. Minisitiri w’imari...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi NAEB kivuga ko mu myaka ine hazasimbuzwa ibiti by’ikawa bishaje biteye kuri hegitari 435. Kuyisazura bizakor...
Abahinzi b’ikawa bakorera mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bavuga ko bizeye ko gusazura ikawa bizazamura umusaruro wayo. Babivugiye mu Kagari Ka Kibirizi ahabereye itangizwa ry’...









