Ku muhanda wa Rwabuye- Mbazi, haraye habereye impanuka yakozwe n’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo ihitana umwana w’umukobwa w’imyaka itatu. Uwari utwaye iriya modoka yahise atorokana nayo. Ni amakuru yemej...
Bucya haba Noheli y’umwaka wa 2022, muri Afurika y’epfo habaye impanuka ikomeye yatewe n’uko ikamyo yari ipakiye essence yaturitse. Imibare itangazwa na Polisi n’abakora mu rwego rw’ubuzima ivuga ko a...
I Johannesburg hamaze kubarwa abantu 15 bahitanywe n’ibibatsi bikomeye by’umuriro watewe n’iturika ry’ikamyo yari irimo essence. Umwe mu baganga wo mu bitaro byitwa Tambo Memorial Hospital witwa Joe P...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri Petelori bidasiba kuzamuka kubera ibibazo biri hirya no hino ku isi, muri Kicukiro no muri Nyarugenge hari abo Polisi iherutse gufata barabyibye babibika mu ngo zabo ...
Mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haherutse kubera impanuka yakozwe n’ikamyo bita Howo( Abanyarwanda byihimbye DIPINE) ihitana umuntu. Byabaye mu ijoro ry...
Ahagana saa kenda n’igice za mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu Taliki 26, Ugushyingo, 2022 ikamyo yazamukaga iva i Karongi igana i Rusizi yagushije urubavu, ipakiye inzoga zirameneka abaturage babona...
Imodoka yari ivuye kugemura amata mu bice bituranye n’ahitwa Radar muri Rubirizi ya Kicukiro yabuze feri iri kumanuka kuri AVEGA hafi ya kaburimbo igana Kabeza, uwari uyitwaye ayigongesha umugunguzi,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 17, Kamena, 2022 ikamyo ya Bralirwa yakoreye impanuka mu muhanda uhuza Kigali n’Umujyi wa Musanze, igusha urubavu ifunga umuhanda. Yari igiye i Rubavu kurangur...
Ahitwa Nkoto mu Karere ka Kamonyi hari ikamyo yo mu bwoko bwa HOHO yabuze Feri igonga imodoka icyenda nk’uko Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda SSP Rene Irere yabibwiye Ta...
Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo, abaturiye ikiraro gisanzwe gihuza Umurenge wa Rugalika n’Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baherutse guhuza amaboko batinda ikiraro cyari giherutse gusenywa n’i...









