Mu buryo butunguranye Perezida Wa Liberia Joseph Boakai yananiwe kurangiza ijambo yagezaga ku baturage be nyuma yo kurahirira inshingano ze. Ibyegera bye byahise bimuba hafi, bimufasha kuva ku meza ya...
Saa cyenda zuzuye ku isaha y’i Kigali, nibwo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ijambo ku batuye u Rwanda akababwira uko uyu mwaka ugiye kurangira ruhagaze mu nzego za...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni aherutse kwakira abahagarariye ibihugu bigize Umuryango w’u Burayi ijambo barumirwa. Hari aho yababwiye ko bafite ikibazo mu mitekerereza(deficit in philosophy). Har...


