Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi 100 bahagarariye abandi mu nama yiga uko ihohoterwa ryacika, ko kugira ngo ricike koko bisaba ko abantu bamenya i...
Ibi ni ibyemezwa n’Umuryango w’abagabo uharanira guteza imbere ihame ry’uburinganire no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (RWAMREC). Umwe mu bayobozi bawo avuga ko bitoroshye kumenya abakorewe...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugira inama abayobozi mu nzego z’ibanze ko mu gihe cyo gutanga raporo ku cyaha runaka cyakorewe aho bayobora, buri gihe bagomba kujya bibuka kwandika amazina y’abab...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yasabye abakora muri za Isange One Stop Center hirya no hino mu Rwanda kongera imikoranire kugira ngo ababagan...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiyombe mu Karere ka Nyagatare babwiwe ko ntawe ukwiye kubura ubutabera kubera ko imimerere ye itamwemerera kwitangira ikirego. Hari abafite inshingano zo kubatangira ibireg...
Ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru habereye ibiganiro nyunguranabitekerezo byahuje Polisi y’u Rwanda, Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, RIB, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ry...
Nta kintu gikura umutima abagore iyo bumvise isasu rivuze kurusha gufatwa ku ngufu bagasambanywa. Kuri benshi, ibi birutwa no gupfa umuntu akavaho! Hari bamwe bashobora kumva ko gupfa ari ikintu kindi...
Ni amakuru yatanzwe na bamwe mu bana biga mu Rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys ruri i Rwamagana ubwo bari basuwe n’ubuyobozi bukuru bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha,RIB. Ku wa Gatanu ...







