Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutsura ubuziranenge, Rwanda Standards Board, ku bufatanye n’Urwego rushinzwe kugenzura ishyirwamubikorwa ry’ihame ry’uburinganire, GMO, ndetse na UNDP baraye bahaye ibihem...
Lydia Mitali ushinzwe ubujyanama mu rwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ihame ry’uburinganire, GMO, avuga ko kugira ngo inganda zitere imbere bigomba kugirwam...
Urwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere ihame ry’uburinganire hagati y’abagabo n’abagore rurasaba abikorera ku giti cyabo kumenya no gushyira mu bikorwa amabwiriza agenga ubu...


