Imibare ivuga ko mu mwaka wa 2021-2022 Akarere ka Muhanga kari gafite 31% by’abana bagwingiye. Indi yakozwe nyuma ni ukuvuga mu mwaka wa 2022-2023 uyu mubare waragabanutse uba abana bangana na 19%. ...
Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko guhugira mu mirimo byatumye Babura uko bita ku bana bituma abana babura indyo yuzuye baragwingira. Iyi mpamvu bayitangiye mu biganiro byakurikiye ...
Buri taliki 16, Ukwakira, isi yizihiza umunsi yahariye ibiribwa mu bantu. Ni umunsi hazirikanwa akamaro ko kwihaza mu biribwa kuri buri wese n’aho atuye hose ariko hakibandwa ku bana kuko ari bo mizer...
Ababyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke bamaze igihe babwirwa ko kugira ngo umwana ave mu igwingira ari ngombwa ko ahabwa indyo nzima, akarindwa umwanda kandi yarwara akavuzwa hakiri kare. Kubyumva no kub...
Mu rwego rwo kungurana ibikerezo ku cyakorwa ngo imirire mibi iganisha ku igwingira mu bana b’’Abanyarwanda icike, mu Karere ka Musanze hateraniye inama ihuza abafite aho bahurira n’abana ngo bige uko...
Inzego z’ubuzima, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima banyomojwe n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) ubwo bavugaga ko nta ...
Kuri uyu wa Gatatu ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’Umunyafurika, hirya no hino mu Rwanda habereye ibikorwa byo kwita ku bana. Bimwe mu byakozwe kuri uyu munsi harimo guha abana ...






