Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku busabe bwa Mozambique, kuri uyu wa Gatanu itangira kohereza abasirikare n’abapolisi 1000 mu Ntara ya Cabo Delgado, bo gutanga umusanzu mu guhangana n’ibibazo by’i...
Kuri uyu wa Kabiri hafashwe ibyemezo bikomeye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani, aho ibiro bya leta n’abikorera, amashuri, insengero n’amakoraniro byafunzwe, kubera izamuka ...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudan y’Epfo, UNMISS. Mu rugendo rwe kur...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Dan Munyuza yasabye abapolisi bagiye kujya mu butumwa bw’amahoro kuzaharanira gusohoza inshingano zabo kinyamwuga, bagahesha ishema igihugu cyabo. Ni impanuro yah...



