Nta kwezi kurashira Perezida w’u Burusiya ahuye na mugenzi we utegeka Amerika bahurira mu Busuwisi. Icyo gihe Biden yaretse Putin urutonde rw’ibigo 16 atagomba kuzahirahira ngo agabeho ibitero by’iko...
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko abantu 132 biciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro mu gace ka Solhan, mu majyaruguru y’icyo gihugu. Iki gitero cyagabwe mu ijoro ryakeye ahagana saa ...
Mu gihe kitageze ku mezi atatu ageze ku butegetsi bwa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yategetse ingabo ze kugaba igitero cyaguyemo abarwanyi USA ivuga ko bashyigikiwe na Iran ariko basanz...


