Mu ijoro ryakeye i Yeruzalemu humvikanye urusaku rw’imashini zaburiraga abaturage ngo bave mu nzira kubera missiles za Iran zarashwe yo. Ni intangiriro y’intambara ikomeye yarose mu Burasirazuba bwo ...
Ni intambara ishobora gutangira igihe icyo ari cyo cyose kubera umujinya Iran ifitiye Israel nyuma y’igitero iki gihugu cyagabye kuri Ambasade yayo muri Syria kikica abajenerali bayo benshi. Birashobo...
Ubuyobozi bwa Israel n’ubw’Amerika buremeza ko ingabo za Israel zishe Marwan Issa zafataga nk’ubwonko bwateguye igitero Hamas yagabye kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023. Issa yari uwa gatatu mu bay...
Al-Shabaab yagabye igitero kuri Hoteli yitwa Syl iri mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu hafi y’Ibiro bya Perezida mu murwa mukuru. Ababibonye babwiye Reuters ko mu gitondo bagiye kumva bumva urusak...
Itangazamakuru ryo mu Burundi ryasohoye amafoto y’imodoka zaraye zitwitswe n’ibisasu by’inyeshyamba za RED Tabara. Iki gitero cyaraye kigabwe ahitwa Gihanga mu Ntara ya Bubanza. Aho mafoto yasohowe na...
Amakuru ataremezwa n’urwego rwa Leta ariko acaracara kuri X aravuga ko hari igitero cyagabwe ahitwa Gihanga mu Burundi gihitana abantu 14 barimo abasirikare batandatu b’Uburundi. Aha ni muri Ntara ya ...
Ubutegetsi bwa Joe Biden buri mu ihurizo rikomeye ryo guhitamo gutangiza intambara kuri Iran bityo akongera amahirwe yo kongera gutorwa cyangwa se akabireka kubera ingaruka byagira ariko akaba ashobor...
David Barnea uyobora urwego rw’ubutasi rwa Israel rwitwa Mossad yavuze ko abantu bose aho baba bari hose ku isi bakaba baragize uruhare urwo ari rwo rwose mu bitero Hamas yagabye kuri Israel taliki 07...
Ingabo za Israel zakoresheje igisasu cya missile cyarashwe na drones zishe Saleh Al- Arouri wari umuyobozi mukuru wungirije wa Hamas. Zamutsinze mu Murwa mukuru wa Lebanon witwa Beirut. Ubuvugizi w’i...
Ubutegetsi bw’i Teheran bwatangaje ko buzihorera mu rupfu rw’Umujerali wabwo witwa Brig. Gen. Seyed Razi Mousavi buvuga ko aherutse kwicwa n’igitero Israel yagabye muri Syria mu bice bituriye Umurwa m...









