Gen Yaroslav Moskalik yapfiriye mu modoka ubwo yaturikiragamo igisasu, bikekwa ko cyatezwe n’abashyigikiye Ukraine mu ntambara irwana n’Uburusiya. Bibaye mu gihe kibi kuko intumwa ya Donal...
Igitero cy’indege za Israel cyasenye igice cy’ibitaro byonyine byari bisigaye muri Gaza cyari gisigaye gikoreshwa mu kwakira indembe. Ubuyobozi bw’ingabo za Israel buvuga ko buri guk...
Amakuru aturuka muri Israel aremeza ko ingabo z’iki gihugu zatangije ibitero byo ku butaka muri Syria. Ubwo zinjiragamo, zahuye n’amasasu aremereye yo ku ruhande rw’umwanzi, biba ngo...
Hari ijwi ryumvikana mu Giswayili ry’umuntu uvuga ko ari umuyobozi mu Ihuriro rya Wazalendo wigamba igitero cyaraye kigabwe mu mbaga yari iteraniye i Bukavu ikagwamo abantu 11. Yumvikana avuga ko ibyo...
Osama Hamdan, umwe mu bayobozi bakuru ba Hamas yabwiye Al Jazeera ko igitero uyu mutwe wagabye kuri Israel tariki 07,Ukwakira, 2023 ari intsinzi ikomeye itazibagirana mu mateka. Ntacyo Israel irasubiz...
Nyuma y’uko abasirikare ba Israel batangiye kuva muri Gaza-bikaba byatangiriye ahitwa Netzarim- nk’uko biteganywa n’amasezerano y’amahoro aherutse kwemerezwa muri Qatar, abarwanyi ba Hamas babyishimiy...
Hari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran. Uwo muntu utatang...
Ku Bunani bwa 2025 umugabo witwa Shamsud-Din Jabbar yagonze abantu bari mu birori hapfa 15 hakomereka abandi 35. FBI ivuga ko uwo mugabo ari Umunyamerika ukomoka muri Leta ya Texas akaba afite imyaka ...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangije iperereza ngo hamenyekane igihugu mu byo zikorana nabyo cyaba cyatinyutse kumena amabanga y’ibyo Israel yateganyaga gukora igihe izaba yateye Iran. Ayo makuru yas...
Igisirikare cya Israel kivuga ko inite yacyo (unit) ya Brigade Bislamach ya 828 yamaze igihe runaka igenzura ahitwa Tal al-Sultan, agace ko muri Rafah, ku wa gatatu. Yaje kubona abarwanyi batatu maze ...








