Umuvugizi w’ingabo za Israel ushinzwe itumanaho mu Cyarabu witwa Col. Avichay Adraee yatangaje ku mugaragaro ko izi ngabo zatangije ibitero byeruye byo ku butaka mu bice byose bisigaye bya Gaza....
Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Marco Rubio yageze i Yeruzalemu ajyanywe no kuganira na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu ku ntambara muri Gaza no kumubaza icyamuteye kurasa kuri Qa...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani arajya i Washington kubwira Perezida Trump impungenge yatewe n’igitero Israael iherutse kugaba ku butaka bwe ihakurikiye abayobozi...
Itangazamakuru mpuzamahanga ritangaza ko hari ibitero bya Israel byinshi byagabwe muri Gaza, bigakekwa ko biri muri gahunda yo gusenya uyu Mujyi kugira ngo habeho gusenya ‘burundu’ ibirind...
Binyuze mu itangazo rikubiyemo ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri iherutse guteranira mu Biro bya Perezida, Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko hari amakuru y’uko M23 iri kwitegur...
Abaganira nawe bakamenya ibyo aganira na Minisitiri w’ingabo n’abagaba bazo, bemeza ko hari umugambi Netanyahu afite w’uko niba Hamas itarekuye abaturage ba Israel yatwaye bunyago mu minsi mike iri im...
Nyuma y’igihe kirekire bamucunga, bategereje ko yinjira ahantu yakekaga ko hatekanye, abasirikare ba Israel bishe umusirikare mukuru mu ngabo za Iran wari umugaba mukuru w’izirwanira ku butaka. Ubuvug...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 12, Kamena, 2025 ingabo za Israel zirwanira mu kirere zagabye ibitero kuri Iran byibasiye ahantu hasanzwe hatunganyirizwa gahunda zo gukora ibisasu bya kirimbuzi. ...
Ntiharamenyekana igihe nyacyo bizabera, ariko ikizwi ni uko Israel iri gutegura igitero vuba aha kuri Iran nk’uko itangazamakuru ryo muri ibi bihugu byombi ribyemeza. Si ho gusa babivuga batyo ahubwo ...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...









