Umugandekazi Sheebah Karungi uri mu Rwanda mu iserukiramuco rya muzika ryateguwe na MTN-Rwanda yaraye aririmbiye Abanyarwanda mu gitaramo kitabiriwe n’abafana be ndetse n’abafana b’abandi bahanzi bari...
Umuhanzikazi wo muri Uganda witwa Sheebah Karungi yaraye abwiye abanyamakuru bari bitabiriye ikiganiro cyateguwe na MTN/ATFH ko hari indirimbo nyinshi yabateguriye ariko afite impungenge ko umwanya ur...
Polisi ya Tanzania yaraye itaye muri yombi icyamamare Kizz Daniel nyuma y’uko yanze kuririmba kandi abamutumiye bari bamwishyuye. Hari amakuru avuga ko nyuma y’amasaha runaka, yaje gufungurwa. U...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu i Nyanza mu Rukari harabera igitaramo cy’inkera y’Umuganura. Ni igitaramo Abanyarwanda bari bwibukiranyeho uko kera bataramaga, uko inyambo zamurikirwaga abashyitsi n’...
Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe kurusha abandi ariko uba muri Amerika witwa The Ben yageze mu Rwanda. Mu mpera z’iki Cyumweru azataramira Abanyarwanda mu gitaramo yise Rwanda Re-Birth Concert ...
Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda batangiye guhanga indirimbo nyuma ya Jenoside wamamaye kurenza abandi witwa The Ben( amazina ye ni Mugisha Benjamin) yatangaje ko azaza gutaramira Abanyarwanda mu ntangi...
Nyuma y’uko abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bashyiriye iterabwoba ku muraperi ukomoka iwabo ariko uba mu Bufaransa witwa Youssoufa ko naza mu Rwanda ibizamubaho azabyirengera, uwitwa La...
Nyuma yo gufungwa akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umwana ariko akaza ufungurwa, umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu yaraye agaragaye mu gitaramo cyo kuruhura mu mutwe abitabiri...
Umunyamakuru wa Daily Monitor witwa Stephen Otage yazindukiye ahari bubere igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Mu rwego rwo gufasha abazindutse gutegereza igihe ...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 18, Werurwe, 2022, umwe mu bahanzi b’injyana gakondo wamamaye witwa Muyango arataramira Abanyarwanda bakunda indirimbo gakondo. Ni igitaramo Ikigo Green Hills cyatumiyemo Muy...









