Kuri iki Cyumweru taliki 19, Kanama, 2023 nibwo iserukiramuco rya Giants of Africa ryaraye rirangiye, rirangizwa n’igitaramo cy’imbaturamugabo cyitabiriwe n’abahanzi bakomeye bo muri Nigeria ari bo Ti...
Abahanzi Vestine & Dorcas bari hafi gufata indege bagana muri Canada kubaririmbira. Aba bavandimwe bazerekeza mu kirere cyo mu Majyaruguru y’Amerika nyuma y’igihe gito bamuritse umuzingo bise ‘Nah...
Umuhanzi Kenny Sol yaraye ageranye i Bujumbura na Dj Brianne uvanga imiziki. Batumiwe mu bitaramo bibiri bazakorera i Bujumbura n’i Gitega mu mpera z’iki Cyumweru kizarangira taliki 11, Gashyantare, 2...
Israel Mbonyi ari muri Australia mu bitaramo bitanu azahakorera. Nyuma y’igitaramo yakoreye mu Burundi, uyu muhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zaririmbiwe Imana akomeje kwagura imipaka. Ku Cyumweru t...
Mbonyicyambu Israel uzwi nka Mbonyi yaraye ageze i Bujumbura. Yabwiye itangazamakuru ry’aho ko yari yarifuje cyane kuzaza gutaramira Abarundi ariko bikanga. Ashima Imana ko ubu bigiye gushoboka. Nk’uk...
Taliki 30, Ukuboza, 2022 , mu Rwanda ku nshuro ya mbere hazabera igitaramo cya mbere kizahuriza hamwe Abanyarwanda( cyane cyane ab’i Kigali) ndetse na bagenzi babo baba hanze. Ni igitaramo kizab...
Amakuru hanze aha aravuga ko Nasibu Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz akaba ari umuhanzi ukomoka muri Tanzania azataramira abatuye Umujyi wa Kigali taliki 23, Ukuboza, 2022 Ni mu gitaramo kiswe P...
Umugabo n’umugore bashakanye bamenyekanye mu ndirimbo zihimbaza Imana nka James na Daniella bari gutegura indirimbo zirobanuye bazataramira Abarundi mu mpera z’umwaka wa 2022. Ni igitaramo cyateguwe n...
Byasaga n’aho gutaramira Abarundi byari bitagishobotse kuri Bruce Melodie wari umaze hafi iminsi itatu aburabuzwa n’umushoramari witwa Toussaint Bankuwiha wamuteje Polisi ngo imufunge kubera ko yamwam...
Icyamamare mu muziki nyarwanda Bruce Melodie yaraye arekuwe nyuma y’amasaha yari amaze afunzwe na Polisi y’u Burundi imukurikiranyeho ubwambuzi bwa $2000 bivugwa ko yakoreye Umucuruzi w’Umurundi witwa...









