Ku nshuro ya mbere Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignone Kabera agiye gukorera igiterane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yakise ‘Connect Conference...
Abasore bagize itsinda rya Sauti Sol batangaje ko italiki bari buzakorereho igitaramo yahindutse ireka kuba taliki 18, iba taliki 30, Ukwakira, 2024. Ntibigeze batangaza impamvu yo guhindura iyo talik...
Israel Mbonyicyambu akaba umuhanzi uri mu bakomeye kurusha abandi bakora indirimbo zihimbaza Imana yaraye ataramiye abaturage bo muri Kenya barimo n’abayobozi bumva baruhutse umutima. Mbonyi ari mu ba...
Umuhanzi wo muri Uganda uri mu bakunzwe mu ngeri zose z’abaturage b’iki gihugu witwa Eddy Kenzo yaraye ageze mu Rwanda mu gitaramo yatumiwemo ngo azifatanye na bagenzi be mu kwizihiza no kumurika alub...
Bruce Melodie arateganya kuzataramira abazitabira ikiganiro Good Morning America kiri mu bikunzwe muri Amerika. Itangazo ry’ikigo 1.55 AM cyita ku nyungu z’uyu muhanzi rivuga ko Bruce Melodie azataram...
Umunyamerika Rihanna aherutse kuyora akayabo mu gito gito cyane. Ayo ni amafaranga angana na miliyoni € 5 ni ukuvuga miliyoni $6.33 yakoreye mu gihe cy’isaha imwe n’iminota 30. Ni amafaranga abantu b...
Zari Hassan umwe mu bagore b’ibyamamare kurusha abandi muri Afurika y’Uburasirazuba yageze i Kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane. Azanywe no kwitabira igitaramo cy’abambaye ibyera bita ‘Whi...
U Rwanda rukomeje kwakira Abanyamerika b’ ibyamamare bikomeye mu nzego zitandukanye. Abanyamakuru bakomeye, abanyapolitiki, abanyamuzika…bakomeye bari mu bamaze iminsi basura u Rwanda. Nyuma ya Boyz 2...
Abahanzi bahawe ibihembo bya Trace Awards baraye bahuye na Perezida Paul Kagame abashimira akazi bakoze ariko abasaba kwagura impano. Yabwiye abateguye ibi bihembo ko u Rwanda rwiteguye kubafasha kwag...
Ku mpamvu z’umutekano we n’uw’abazitabira igitaramo cye, ubutegetsi bw’Uburundi bwanzuye ko igitaramo cy’Umunyarwanda The Ben kizabera mu kigo cya gisirikare. Kizaba taliki 01, Ukwakira, 2023. Amakuru...









