Umuhanzi Bikem wa Yesu( asanzwe yitwa Emmanuel Bikorimana) avuga ko intego ye mu myaka itanu iri imbere ari uko Abakristo muri rusange bazaba bazi indirimbo byibura 150 mu zigize igitabo cy’indirimbo ...
Muri Kaminuza ya UNILAK haraye yamurikiwe igitabo Pasiteri Ezra Mpyisi yasize yanditse yise ‘Inkomoko y’ibyiza byose: Imana’. Uyu mukambwe aherutse gutabaruka afite imyaka irenga 100. Hagati aho kandi...
Ubwo yatangaza ibikubiye mu gitabo aherutse gushyira mu Cyongereza Antoine Hagenimana avuga ko kwandika amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi kandi warayirokotse ari ikibazo gikomeye. Ni umukoro avuga...
Mukanyiligira Dimitrie Sissi wanditse igitabo yise ‘Do Not Accept To Die’ avuga ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yasanze uburyo bwiza bwo kwihorera ku bamuhemukiye bwari ukubereka ko yabaha aka...
Urwego rw’Igihugu rw’Uburezi, REB, rwatangaje igitabo cyandikiwe kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Byemewe ko gishyirwa mu mashuri yose kugira ngo gifashe abarimu kubona ibisu...
Dr Mbonimana Gamariel wigeze kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, nyuma akaza kwegura kubera ikosa ryo gutwara imodoka yasinze avuga hagize undi mahirwe ahabwa mu buyobozi yayakirana ...
Mu rwego rwo gukomeza gushimangira imikoreshereze y’ikoranabuhanga mu mitangire ya serivise, Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu ku bufatanye n’Ikigo cy’lgihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA) ...
Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta muri yombi bamushyikiriza ...
Muri Kigali Convention Center haraye habereye imurika ry’igitabo cyanditswe n’umunyamakuru Barbara Umuhoza yise SHAPED. Ni ijambo ry’Icyongereza rivuga ‘Uwigizwe, Uwaremye, Uwahanzwe…’Iki gikorwa kita...
Ku isomero rya Kigali kuri uyu wa Gatanu taliki 10, Kamena, 2022 habereye igikorwa cyo gusomera igitabo runaka cyanditswe n’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu rwego rwo kucyumva neza no kukigani...









