Mu Rwanda hari ibigo abasirikare barwo batorezwamo byigisha mu nzego zitandukanye. Hari ikigo cya Nasho mu Murenge wa Kirehe kigisha abasirikare bato bakinjira mu ngabo z’u Rwanda, ikigo cya Gako mu K...
Mu ngoro ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hasinyiwe amasezerano y’ubufatanye burambye hagati ya Turikiya n’iki gihugu kiri mu bikungahaye ku mutungo kamere kurusha ibindi ku isi. Mu ma...
Major Gen James Birungi ubu niwe wahawe ubuyobozi bwo kuyobora Ishami ry’Ingabo za Uganda rishinzwe ubutasi. Yavutse mu mwaka wa 1973, avukira ahitwa Ngoma mu Karere ka Nakaseke muri Uganda. Yize amas...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera avuga ko akiri muto atigeze agira icyifuzo cyo kuzaba umusirikare ariko ngo igihe cyarageze ariyemeza. Avuga ko yinjiye mu ...
Guverinoma y’u Rwanda na Repubulika ya Centrafrique byashyize umukono ku masezerano atandukanye, arimo ay’ubufatanye mu kuvugurura inzego z’umutekano, by’umwihariko igisirikare. Kuri uyu wa Kane Perez...
Igisirikare cya Misiri kimaze iminsi mu biganiro n’abagaba b’ingabo za bimwe mu bihugu by’Afurika mu rwego rwo gushaka amaboko yo kuzahangana na Ethiopia umunsi intambara yarose. Bye...
Kimwe mu bintu Perezida Evariste Ndayishimiye yaganiriye na mugenzi we uyobora Uganda Yoweli Museveni ni ubufatanye mu bya gisirikare. Babiganiririye mu ruzinduko yamazemo iminsi itatu muri Uganda ubw...






