Umwe mu basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda kandi ukomeye kuko ari umujyanama wa Perezida Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe yaraye abwiye abakada 800 ba FPR- Inkotanyi ko amacakubiri u...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Juvénal Marizamunda yaganiriye na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda witwa Misfer Faisal Al-Shahwani uko ingabo z’ibihugu byombi zakongera ubufatanye. Itangazo rivuga kuri i...
Abayobozi bakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi(mbere byahoze ari umunani hakirimo u Burusiya) barahurira i Hiroshima mu Buyapani. Bari busuzume icyo bakora ngo bakome imbere iterambe...
Uyu mugabo wayoboye inyeshyamba za MLC, yavuze ko agiye guha isomo abo ari bo bose bagize igihugu cye agatobero. Bemba ni umwe mu banyapolitiki bakomeye muri iki gihugu. Yigeze kuba Visi Perezida ku ...
Minisiteri y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse gutangariza abanyamakuru ko ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakoze Politiki ivuguruye igenga igisirikare n’umutekano wa kiriya gihugu. Mu Gi...
Amerika isanzwe ari yo gihangange mu bya gisirikare kurusha ibindi bihugu ku isi. Ndetse n’ingengo yayo y’imari igenewe igisirikare ikubye ubwinshi iz’ibihugu byinshi birimo n’u Bushinwa. Mu rwego rwo...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 06, Ugushyingo, mu Murwa mukuru w’igihugu cya Bahrain witwa Manama habereye inama yahuje Umugaba w’ingabo z’iki gihugu witwa Field Marshal Shaikh Khalifa bin Ahm...
Umugabo yiyambitse imyenda ya gisirikare y’ingabo za Somalia yinjirana n’abandi basirikare mu kigo kugira ngo abone uko ahaturikiriza igisasu. Uwo mwiyahuzi yamaze kugera mu kigo aho yari ari kumwe n’...
Minisitiri w’Intebe w’u Budage( Chancelier) olaf Scholz yabwiye abasirikare bakuru mu ngabo ze ko igihe kigeze ngo u Budage bube igisirikare gifite ibikoresho bihambaye kurusha ikindi gihugu icyo ari ...
Urukiko rwa gisirikare muri Myanmar rwakatiye Madamu Aung San Suu Kyi wigeze kuyobora iki gihugu gufungwa imyaka itandatu. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha bine bya ruswa yakoze ubwo yayoboraga kiriya gih...









