Abaganira nawe bakamenya ibyo aganira na Minisitiri w’ingabo n’abagaba bazo, bemeza ko hari umugambi Netanyahu afite w’uko niba Hamas itarekuye abaturage ba Israel yatwaye bunyago mu minsi mike iri im...
Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yayoboye umuhango wo kwakira mu gisirikare cy’igihugu cye abasore n’inkumi 525 bamaze amezi atandatu batozwa n’ingabo z’u Rwanda uko intambara yo ku butaka irwanwa...
I New Delhi mu Murwa mukuru w’Ubuhinde no muri Islamabad mu murwa mukuru wa Pakistan haraganirwa intambara ikomeye ishobora kurota hagati y’ibihugu byombi niba nta rutangira ibayeho. Minisitiri w’Inte...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) Gen Muhoozi Kainerugaba, aherekejwe na mugenzi we w’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka M...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Juvénal Marizamunda yakiriye Ambasaderi wa Israel mu Rwanda baganira k’ubufatanye mu by’umutekano hagati y’ibihugu byombi. Amakuru agaragara ku rukuta rwa X rwa Minisite...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Paul Kagame yaraye ageze Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga mpuzamahanga cya Doha yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Dr. Ahmed ...
Ubuyobozi bw’u Rwanda mu by’ububanyi n’amahanga buherutse gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’ubwa Pakistan ari mu ngeri nyinshi zirimo n’ubufatanye mu by’umutekano. Ambasaderi wa Pakistan mu Rwanda ...
Kuri uyu wa Kabiri abasirikare 13 ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakatiwe n’urukiko rwa Butembo igihano cyo kwicwa bazizwa ko bahuze urugamba bari bahanganyemo na M23. Ababuranishwaga bose hamwe...
Perezida Félix Tshisekedi yashyizeho umugaba mukuru w’ingabo mushya Lt. Gen Banza Mwilambwe Jules wasimbuye Gen Tshiwewe Songesha Christian. Gen Tshiwewe Songesha Christian yagiye muri uyu mwan...
Mu Mudugudu wa Nyakabanda mu Kagari ka Rwangara mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu hafatiwe umwana w’imyaka 17 ufite imbunda wambaye n’impuzankano y’ingabo za DRC. Abahatuye babwiye Bwiza.com...








