Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igishushanyo gisobanura uko ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda bizabyazwa umusaruro. Ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda ni ikiyaga cya Kivu, ikiyaga cya Muhazi, i...
Kuri uyu wa Mbere Taarifa yasanze hari abakozi b’Urwego rwunganira mu by’umutekano w’Akarere,DASSO, bari gukura Kiosque ya MTN hamwe muho yari imaze igihe. Umwe mubafite Kiosque wimuwe aho yakoreraga ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyiriyeho abawutuye uburyo bwo kubwegera bagasobanuza ibibazo bishingiye kuri serivisi z’ubutaka, z’imiturire, abatswe indonke n’ibindi. Kuri Twitter, ubuyobozi bw’Um...


