Ndoli Didas ushinzwe iby’ikoranabuhanga muri MTN Rwanda yatangaje ko umuhigo ikigo akorera cyari kimaze igihe cyari ihaye, cyawesheje kuko cyatangije murandasi y’igisekuru cya gatanu, bita 5G. Hari mu...
Abakunda telefoni za iPhone bagiye kubona indi yo muri ubu bwoko yo mu gisekuru cya 16. Ni yo igezweho ariko ntirasohoka uretse ko abanyamakuru bo bamaze kumenya bimwe mu bizaba biyigize. Ikinyamakuru...

