Mu mijyi imwe n’imwe ya Iran, bamwe mu batavuga rumwe na Leta baraye abandi bazindukira mu myigaragambyo yo kwishimira ko Amerika yaraye itsinze Iran mu mukino baraye bakinnye. Ni umwe mu mikino y’igi...
Nk’uko byari byitezwe, umukino hagati ya Iran n’Amerika wari ishiraniro, aho buri ruhande rwashakaga kubabaza urundi. Ni umukino wari ukomeye kubera ko warangiye ari igitego 1cy’Ikipe ya Leta zunze ub...
Ni intsinzi ikomeye kuri Arabie Saoudite. Umwami w’iki gihugu yahaye abaturage be bose ikiruhuko, Kaminuza n’ibigo bya Leta bose bararuhuka kugira ngo bishimire intsinzi y’akataraboneka mu mateka y’ik...
Mukansanga Salma Rhadia niwe mugore wo muri Afurika wa mbere wageze ku ntego yo gusifura umukino mu gikombe cy’isi cy'abagabo. Yabigezeho ubwo yasifuraga umukino waraye uhuje u Bufaransa na Austr...
Umukino wahuje Argentine ya Lionel Messi na Arabie Saoudite urangiye Messi na bagenzi be batsinzwe ibitego 2-1. Bitumye mu itsinda irimo ihita iba iya mbere mu itsinda rya C Arabie Saoudite ihereyemo ...
Umukuru w’ Rwanda Paul Kagame yageze muri Qatar ahari butangirizwe imikino yo guhatanira igikombe cy’isi iri butangire saa kumi n’ebyiri ku isaha y’i Kigali. Umukino wa mbere urahuza Qatar na Equateu...
Airtel Rwanda yahaye abakiliya bayo uburyo bazareba imikino 64 y’igikombe cy’isi izatangira ku Cyumweru Taliki 20, Ugushyingo, 2022. Ubuyobozi bw’iki kigo mu Rwanda bwavuze ko kugira ngo abakiliya ba...
Cristiano Ronaldo umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize kandi igifite kugeza ubu, avuga ko agifite imbaraga zo gukina umupira w’amaguru kuzageza ubwo azaba agejeje mu myaka 40. Yavutse Taliki 05, Gashy...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, riri mu ihurizo ry’uburyo rizabuza abazitabira imikino yose y’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kunywa inzoga! Hejuru y’ibi kandi hariyongeraho amase...
Guhera taliki 17-29 Ugushyingo, 2022 u Rwanda ruzakira imikino mpuzamahanga yo gushaka itike yo kuzajya mu gikombe cy’Isi umwaka utaha ICC World Cup T20 Men’s Africa qualifiers. Rizitabirwa n’ibihugu ...









