Ku kibuga cy’imikino itandukanye cya Lugogo muri Kampala hari kubera imikino ya Volleyball y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba. Ikipe ya APR Volleyball Club y’abagore yakatishije itike ya ¼ cy...
APR FC yaraye yegukanye igikombe cya Shampiyona cy’umwaka w’imikino wa 2022/2023 nyuma yo gutsinda Gorilla FC 2-1. Mu minsi mike ishize, Kiyovu Sports niyo yari ihanganye na APR FC ngo itware i...
Amavubi yaraye anganyije na Benin ku mukino wabereye Cotonou. Buri kipe yatsinze igitego kimwe ariko Amavubi niyo yakibanje, Benin iza kucyishyura. Igitego cy’u Rwanda cyatsinzwe na Mugisha Gilbert. ...
Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu. Bose hamwe ni abantu 35, akaba yabahaye telefoni zose hamwe zifite agaciro ka €200,000. Buri ...
Ibaye ikipe ya kabiri itangaje mu makipe akomeye itangaje ko itazitabira imikino y’igikombe cy’Amahoro cya 2023. Itangazo ry’ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko byakozwe ku ‘mpamvu zitabaturutseho’. K...
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe gutegura amarushanwa yatangaje ko italiki yo gutangiriraho imikino y’amajonjora mu gikombe cy’amahoro yimuwe. Yashyizwe taliki 14, Gashyantare, aho kuba taliki 07, Gashyan...
Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo irushanwa ngarukamwaka ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina. Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023. Ubusanzwe amak...
Ikipe ya REG Volleyball Club y’abagabo na APR Volleyball Club y’abagore ni zo zegukanye Shampiyona ya Volleyball y’u Rwanda y’umwaka w’imikino wa 2022-2023. Kuri iki Cyumweru taliki ya 22 Mutarama, 20...
Ikigo gitanga serivisi z’amashusho Canal + Rwanda cyatangaje ko abashaka kureba amashusho y’imikino y’igikombe cy’Afurika bahawe uburyo bwo kuzayireba badahenzwe. Dekoderi ni Frw 5000 ku batayifite, a...
Ubuyobozi bwa Canal + Rwanda butangaza ko mu Ukuboza, 2022 ndetse no mu mwaka wa 2023, abakiliya bayo bazakomeza kubona ibyiza birimo na Filimi zikinwa mu Kinyarwanda binyuze kuri Zacu TV. Iyi Zacu TV...









