Ku manota 72 ya APR Basketball Women Club yaraye itsinze REG Women Basketball Club ifite amanota 59, bituma itwara igikombe cya Basketball mu Rwanda kitwa Rwanda Cup 2024. Muri BK Areba niho umukino w...
Police FC yasezerewe na SC Constantine yo muri Algeria mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ku bitego bibiri kuri kimwe. Umukino wahuje aya makipe waber...
Kuri Kigali Pele Stadium haraye habereye umukino wahuje APR FC itsindwa na Police FC kuri za Penaliti 6 kuri 5. Umukino wari warangiye ari ubusa ku bundi. Uyu mukino wari uw’Igikombe kiruta ibindi mu ...
Azam FC yomuri Tanzania yaraye itsinze Rayon Sports mu mukino wa gicuti wakinwe ku munsi Rayon yise ‘uw’igikundiro’. Yayitsinze igitego 1-0, abafana bayo batahana agahinda. Rayon yari yakinishije abak...
Victor Mbaoma wa APR FC yaraye atindiye ikipe ye igitego mu mukino yakinaga na Singida Black Stars. Wari umukino wa mbere APR FC yari itangiye muri CECAFA Kagame Cup 2024. CECAFA Kagame Cup 2024 iz...
Itangazo ryasohowe na RDB rivuga ko amasezerano iki kigo cyari gifitanye n’ikigo EasyGroup EXP y’uko u Rwanda ruzakira umukino w’igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru ku bagacishijeho, yasheshwe. Uwo mu...
Uwo ni Emile Ndagijimana usanzwe ari umutoza akaba n’umukinnyi w’umukino njyarugamba wa Kung-Fu waraye wegukanye igikombe mu marushanwa yari amaze iminsi abera muri Maroc. Igikombe yatwaye ni icyakini...
Nyiri ikipe ya Gasogi FC witwa Charles Kakooza Nkuriza (KNC) yatangaje ko asheshe ikipe ye ya Gasogi United kubera ibyo yise ko bidahwitse biri mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Iki cyemezo yagifashe nyu...
Ikipe yari ihagarariye u Rwanda mu marushanwa y’igikombe cya Mapinduzi Cup cyabereraga muri Zanzibar ari yo APR FC yaraye itsindiwe mu mukino wa ½ . Yatsinzwe n’ikipe yitwa Mlandege FC yo muri Zanziba...
Umwe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ya Handball witwa Fred Nshimyumuremyi wari witabiriye imikino y’igikombe cy’isi cy’umukino mu batarengeje imyaka 19 yatorokeye i Zagreb muri Croatia aho byaberaga. ...









