Perezida Kagame Paul yabwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere iri kubera mu Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko guhora utegereje ko amahanga azagutabara waguye n’akaga, ari ukwibeshya. Ina...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo asaba amahanga guhagurukira ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kirekire muri Haïti kuko cyatumy...
Amakuru aravuga ko Carlos Alòs Ferrer wari umutoza mukuru w’Amavubi aherutse kwandikira FERWAFA ayisaba gusesa amasezerano mashya yari aherutse gusinyana nayo. Yari ayo gukomeza kuyatoza mu myaka ibir...
Denis Sassou Nguesso uyobora Congo Brazzaville ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Iki gihugu gifitanye umubano n’u Rwanda guhera mu mwaka wa 1982. Kuva icyo gihe kugeza ubu ibihugu by...
Moïse Katumbi uri ku ruhande rw’abatavuga rumwe na Leta yaraye yitabiriye ikiriyo cy’uwahoze ari umuvugizi w’ishyaka rye witwa Chérubin Okende uherutse kwicwa arashwe. Uyu mugabo yigeze kuyobora Mini...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...
Perezida wa Tunisia Kaïs Saïed yavuze ko atazemerera Abirabura bo munsi y’Ubutayu bwa Sahara kwinjira mu gihugu cye kuko ngo bateza intungunda n’ubukene mu baturage be. Yigeze kubivuga mu gihe cyahise...
Madamu Jeannette Kagame yabwiye urubyiruko rwahuriye mu Karere ka Gisagara mu Ihuriro bise ‘Ihuriro Ry’Urubyiruko, Igihango cy’Urungano’ ko kugera ku byiza birambye, umuntu abiharanira, ko bitagerwaho...
Uhuru Kenyatta ari muri Nigeria mu biganiro n’abahagarariye ibihugu byabo muri kiriya gihugu kugira ngo barebere hamwe uko ibintu bihagaze muri iki gihe mu rwego rwo gutegura amatora y’Umukuru w’igih...
Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu [Amavubi], Ndayishimiye Eric wamamaye ku izina rya Bakame yaraye asinyiye kujya gukinira Bugesera FC. Yari amaze iminsi yifatanya mu myitozo n’abandi bayikiira. Yari aher...









