Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yabwiye urubyiruko rurangije itorero ry’Indangamirwa ko gukomera k’u Rwanda gushingiye ahanini ku cyubahiro Abanyarwanda biha aho bari hose...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Abayobozi bo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’isi bamaganye amashusho bise ko ari ay’agashinyaguro yatangajwe na Hamas yerekana bamwe mu mbohe yatwaye bunyago ‘barazingamye kubera inzara’. Ayo mashus...
Amagambo y’uwahoze ayobora Uburusiya Dmitry Medvedev y’uko ibyo Amerika iri gukora muri iyi minsi byavamo intambara yeruye, yatumye Trump ategeka ko ubwato bw’intambara bubiri bwoher...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Dominique Habimana avuga ko kuzirikana agaciro k’ubuvandimwe kagaragaraga mu muhango w’Umuganura hambere, n’ubu ari kimwe mubyo Ubumwe ...
I New York ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye haraye habereye inama mu muhezo yo gusaba ko ibihugu byose byemeza ko Palestine yigenga byuzuye. Ubufaransa bwari bwarasabye ko itumizwa ntibwasho...
Nyuma yo kuvuga ko igihugu cye gishyigikiye ko Palestine iba igihugu kigenga kandi cyemewe n’amahanga, Perezida Macron yamaganywwe na Amerika na Israel. Aha ariko ni ngombwa kuzirikana ko ubutegetsi b...
Guverinoma ifite igishushanyo mbonera cyerekana uko imijyi cyane cyane uwa Kigali izaba ikoze mu buryo butabangamira ibidukikije, ikaba gahunda yo mu mwaka wa 2024 kugeza mu wa 2029. Iyo Politiki bise...
Minisitiri w’abakozi muri Cuba witwa Marta Elena Feitó Cabrera yegujwe nyuma kuvugira mu Nteko ko nta bantu basabiriza baba mu gihugu. Byarakaje benshi ku buryo na Perezida wa Repubulika yamukom...
Ifaranga rikomeye kurusha andi ku isi ari ryo ‘idolari rya Amerika, $’ rigiye kumara amezi atandatu rihagaze nabi. Ni ibintu abahanga mu bukungu bavuga ko byaherukaga mu mwaka wa 1973 ubwo Amerika yay...









